Ibihugu bitanu byonyine byo muri Afurika - Senegali, Tuniziya, Maroc, Nigeria na Repubulika ya Demokarasi ya Kongo - ni byo biza mu myanya 50 ya mbere ku isi.
Umwe mu bakurikiranira hafi iyi dosiye, yabwiye ibiro ntaramakuru AFP ko abacamanza batatu bakurikirana ibyaha byo mu ntambara ku itariki ya 22 y'uku kwezi kwa cumi na kumwe banze ubusabe bwo kuyibyutsa.
Abateguye inama yiswe Blue Economy (ubutunzi bw'ubururu) bemeza ko yagenze neza, ariko ko bakoze amakosa mu kwemera ko hakoresha amacupa ya plastike akoreshwa rimwe gusa.